Rubyiruko Bavandimwe namwe bakunzi b'ikiganiro cy'urubyiruko turabasuhuje kandi nkomeje kubashimira uburyo mukomeza guhererekanya amakuru nabagenzi Banyu bo hirya no hino, biragaragara ko Urubyiruko rw'U Rwanda rumaze kumenya noneho ikerekezo cyabo cyejo hazaza, nimukomereze aho rero dukomeze dushyireho akacu mu kwiyubakira urwatubyaye.
Ejo rero ku cyumweru saa saba y'I Londres na saa14:00 y' I Paris tuzaba dufite ikiganiro endirect/alive kizaba giteye amatsiko adasanzwe kuko tuzacubukurira aho twari tugeze ku cyumweru gishize, murabizi ko impaka zabaye nyinshi tugasezerana ko tuzagicumbukura ku cyumweru le01/09/2013.
Tuzaba dufite umushyitsi Padiri Thomas umwe mu banyapolitike baba Jeunnes. Azaba ahri kuganira na mugenzi wacu Musonera nkuko yari yabyifuje. kugirango amusubize ku bibazo yibaza njye ntekereza ko hari nabandi benshi bazaba bagize amahirwe yo gusubirizwamo nabo aho bari batumvishe neza.
Turabararitse rero n'ibitekerezo byubaka n'inamazanyu birakenewe.
Abifuza guhamagara rero muri studio bazakoresha ubu buryo:
Duhamagare kuri:
Tel fixe: +1 330 303 4200 (USA)
Tel fixe: +44 208 133 4417 (UK)
Skype: IjwiRyaRubanda
Twandikire kuri:
Email: ijwiryarubanda@ijwiryarubanda.com
cyangwa: Twandikire
Ernest Senga.
Leave a Reply