Mugire amahoro Rubyiruko hamwe n'abandi basanzwe bafite umutima wo gufasha urubyiruko,
Amakuru akomeje kuvugwa mu karere iwacu ni intambara yongeye kubura muri Repuburika iharanira demokarasi ya Congo.
Uyu munsi mu kiganiro cy'urubyiruko turaganira aho amakuru ageze kugeza ubu. ikiganiro cy'uyu munsi kiraba ari alive/en direct Turaritse abafite ibitekerezo n'inama cyangwa amakuru ku bijyanye nibiri kubera muri Congo ndetse n'Urwanda.
Murararitswe mwese kandi n'ibitekerezo byanyu birakenewe.
Ernest Senga.
Leave a Reply