Mukomere rubyiruko, aho muri hose hirya no hino mu migabane y'isi itandukanye, nizeye ko urubyiruko rumaze kumenyera iki kiganiro kibahuza n'urubyiruko rwo hirya no hino ku migabane itandukanye.
Uru rubuga rw'urubyiruko ntawe ruheza buri wese afite uburenganzira bwo gutanga igitekerezo ke cyaba ari igishimisha abandi, ikibabaje, ibyo dukwiye kwihutira ndetse nibyo dukwiye kwirinda ndetse no kwitondera.
Ikiganiro cvyumvikana buri munsi saa 1:00pm( 13:00) ku isaha y'I London nukuvuga 14:00 ku saha y'i Paris hakaba saa 10:00pm(22:00) ku saha ya Sydney.
murararitswe rubyiruko ndetse namwe babyeyi mudahwema kutugira inama nziza, gukomeza gufasha urubyiruko muri iki kiganiro nugukomeza umuco mwiza wo kurerera u Rwanda, ushobora guhamagara ugatanga igitekerezo cyawe cyangwa inama wagira abandi kuri iyi nomero
Duhamagare kuri:
Tel: +1 330 303 4200 (USA)
Tel: +44 208 133 4417 (UK)
Skype: IjwiRyaRubanda
Twandikire kuri:
Email: bimemarc@yahoo.com
cyangwa: Twandikire kuri fcbk urubyiruko ijwi rya rubanda
Twishimiye kwakira ibitekerezo binyuranye ndetse n'intashyo ku bashaka gusuhuza ababo ndetse no kubatura indirimbo.
Uwanyu Ernest Senga.
Dore Link ya radio Ijwi rya rubanda. wakirikamo hano maze ugahita ukurikirana ibiganiro byose uko byakabaye. http://ijwiryarubanda.com/
UMWANA UTAGANIRIYE NA SE NTAMENYA ICYO SE YASIZE AVUZE.
UKURA UTABAZA UGASAZA UTAMENYE.
Leave a Reply