Igice cya 2 ari nacyo cya nyuma cy'ikiganiro Radio Ijwi Rya Rubanda yagiranye na Padiri Gaspard Ntakirutimana, umwe mu bagize komite nyobozi y'ishyaka Ishema ry'u Rwanda, akaba ashinzwe komisiyo yo gukusanya amikoro azakenerwa mu myiteguro y'amatora ya Perezida wa Republika yo mu mwaka w'2017.