Batutsi, Bahutu namwe Batwa,
Muri mwese nta n’umwe ushidikanya ko uwakoze ishyano ryo kwica Umukuru w’Igihugu Yuvenali Habyarimana yari yabiteguye kandi ko yabigize ubwende kugira ngo abantu basubiranemo bamarane.
Mugomba rero gukora ku buryo uyu mwaka aba ariwo wa nyuma uriya wabikoze arira ay’ingona abeshya abatutsi ko ababajwe na bene wabo bishwe kandi akora iryo shyano yari azi neza urubategereje, na nyuma y’aho akaba yaratsembye akanga ko Loni itabara, ndetse akavuga ngo nibahambire vuba bagende.
Uhishira umurozi akakumaraho abana.
London Time
Kigali Time